UBWISUNGANE BWAKEMUYE IKIBAZO ....Ubwisungane mu kwivuza bwakemuye ikibazo cy’abaturage , butera ubukene ibigo Nderabuzima!
Mugihe abaturage bishimira ibyiza by’ubwisungane mu kwivuza Leta y’ubumwe bw’abanyarwanda yabagejejeho , hirya no hino mu gihugu , aho bigaragara ko ikigero cyo kwisunngana mu buvuzi kitari munsi ya 87 %....Inkuru Irambuye...
Iminsi 730 irashize!??Iminsi Magana arindwi na Mirongo Itatu irashize nsohotse mu Gihome cya Gereza ya Nyarugenge !!
Hari Taliki ya 25 Kamena 2013 ku Isaha ya saa tatu yuzuye nibwo narenganga imbibe z’umurenge wa Gereza ya Nyarugenge dore ko ari igihugu mu kindi gifite ubuyozi bw’igenga.
Inkuru irambuye
UBUDEHE BWAKUYE ABATURAGE MU BUKENE BWAKARANDEKabarore ni umurenge wubatsemo Akarere ka Gatsibo mu Kagali ka Karehe, Aka karere ka kunze kurangwamo ihindagurika ry.abayobozi bya hato nahato,kunyereza imitungo ya Leta ndetse n’amafarangayagenewe abagenerwa bikorwa ba DS......Soma Inkuru...
BWAKEMUYE IKIBAZO CY’ABATURAGEUbwisungane mu kwivuza bwakemuye ikibazo cy’abaturage , butera ubukene ibigo Nderabuzima!
Mugihe abaturage bishimira ibyiza by’ubwisungane mu kwivuza Leta y’ubumwe bw’abanyarwanda yabagejejeho , hirya no hino mu gihugu , aho bigaragara ko ikigero cyo kwisunngana mu buvuzi kitari munsi ya 87 %INKURU IRAMBUYE...
ABONWA N’UMUGABO AGASIBA UNDI !Abaturage batuye mu kagari ka Cyimbogo mu murenge wa Matimba ho mu karere ka Nyagatare bavuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kutagira amazi meza kandi ahagije, gusa ubuyobozi bw’akarere bwo buvuga ko iki kibazo kizaba cyakemutse burundu mu mwaka utaha wa 2018. ............Inkuru irambuye.
Kabarore ni umurenge wubatsemo Akarere ka Gatsibo mu Kagali ka Karehe, Aka karere ka kunze kurangwamo ihindagurika ry.abayobozi bya hato nahato,kunyereza imitungo ya Leta ndetse n’amafarangayagenewe abagenerwa bikorwa ba DS.
Mu murenge wa Matimba Akagali ka Cyimbogo abonwa n’umugabo hagasiba undi !
Abaturage batuye mu kagari ka Cyimbogo mu murenge wa Matimba ho mu karere ka Nyagatare bavuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kutagira amazi meza kandi ahagije, gusa ubuyobozi bw’akarere bwo buvuga ko iki kibazo kizaba cyakemutse burundu mu mwaka utaha wa 2018.
Posted by: editorDate: juin 26, 2015Commentaires: 0 commentaires
Iminsi Magana arindwi na Mirongo Itatu irashize nsohotse mu Gihome cya Gereza ya Nyarugenge !!
Hari Taliki ya 25 Kamena 2013 ku Isaha ya saa tatu yuzuye nibwo narenganga imbibe z’umurenge wa Gereza ya Nyarugenge dore ko ari igihugu mu kindi gifite ubuyozi bw’igenga.
Posted by: editorDate: juin 19, 2015Commentaires: 0 commentaires
KAGAME ati: “Mu byo natumye abayobozi ntiharimo gusinyisha ku gahato abaturage bashaka manda ya 3 ".
Uwumva amagambo y’Umukuru w’igihugu yibaza niba abo abwira bumva urulimi avuga cyangwa banyuranya, ukaba wagira uti “Kwikiriza ntibibuza uwanga kwanga” ubundi ukibwira ko zimwe mu Ntore ari ingumba z’amatwi, ibi yabigarutseho mu mwiherero, ababuza gutekenika , ariko bo si ko babibona ahubwo dore ibisa nabyo dusanga muri Bibiliya Yera, mu gitabo cya 2 Samuel 5:1-4